TUZITWARE TUBIVUGE

3 views
Skip to first unread message

Augustin Nzayisengab

unread,
Aug 27, 2010, 9:55:02 AM8/27/10
to Abatanguha
Nyamata: Inda yari imuhitanye nyuma y 'amezi 9 ahisha ko atwite




Uwo ni umukobwa wari umaze amezi agera kuri abiri abana na mukuru we
wari ukirongorwa (jeune mariée), abo babanaga yarabahishe ko atwite.
Kuri uyu wa gatandatu ntibagize batya basanga igiye kumunogonora!!!
Ambulance iti 'simpatangwa' no mu bitaro ngo baa!

Abaganga bihutiye guteruramo uruhinja, mbere y'uko nyina we yiteguraga
gusezera kuri ubu buzima. Gusa umuziranenge (ndavuga uruhinja yasize
mu gahinda) rwo ntacyo rwabaye kugeza ejo rwari rugitera akuka mu
bitaro. Naho uwibarutse we akaba yarashyinguwe ku

cyumweru! BIRABABAJE!

NB:Bashiki bacu mureke kudutera agahinda.
Reply all
Reply to author
Forward
0 new messages