imyaka 31 ku bagore bijyanye n'ibyishimo

1 view
Skip to first unread message

Augustin Nzayisengab

unread,
Aug 11, 2010, 4:29:41 AM8/11/10
to Abatanguha
Ubushakashatsi bwakozwe ku bagore ku bijyanye n’ubwiza, kwiyumva,
kwigirira ikizere, igikundiro no kwambara neza, bwerekanye ko ku myaka
31, umugore aba yujuje ibya ngombwa byo kwishimira ubuzima, ibi
bigatuma abasha kubumetiriza (Maitriser), agwa neza uwo babusangira.

Ngo nubwo iki gihe gitangira ku myaka 30, ariko ngo ku myaka 31 ni bwo
aba amaze kujya ku murongo neza kuko aba azi neza defo (défauts) ze na
kalite (qualités), no kubasha kubana na byo mu buzima.

Aba azi kumariramo ingeso mu kwerekana ibyiza afite anazi guhisha
ibibi yiyiziho ari nako abasha kwihanganira ibitari byiza kuri we. Iki
gihe rero ngo aba ri fière cyane yuko ari kandi agerageza guha agaciro
ubwiza bwe no gucisha make ububi bwe ari nako akuza ububasha bwo
kwigaragaza no gushaka gushimisha mugenzi we (Umugabo we).

Muri make, dore uko ubushakashatsi bwabyerekanye :

55 % bo mu myaka ya za 30 batangaje ko bazi neza uburyo bwo kwimakiya
(maquillage) ku buryo baberwa bijyanye n’uko bateye kandi bakaryohera
ababareba.

74 % bakora ibishoboka byose kugira ngo berekane ko ari beza cyangwa
kugira ngo berekane ubwiza bafite.

Naho 51 % batangaje ko baryohewe n’imyaka yabo.

Muri make, ngo icya mbere mu kwerekana ubwiza ni ukubyishyiramo.
Ubushakashatsi bwakozwe ku bagore ku bijyanye n’ubwiza, kwiyumva,
kwigirira ikizere, igikundiro no kwambara neza, bwerekanye ko ku myaka
31, umugore aba yujuje ibya ngombwa byo kwishimira ubuzima, ibi
bigatuma abasha kubumetiriza (Maitriser), agwa neza uwo babusangira.

Ngo nubwo iki gihe gitangira ku myaka 30, ariko ngo ku myaka 31 ni bwo
aba amaze kujya ku murongo neza kuko aba azi neza defo (défauts) ze na
kalite (qualités), no kubasha kubana na byo mu buzima.

Aba azi kumariramo ingeso mu kwerekana ibyiza afite anazi guhisha
ibibi yiyiziho ari nako abasha kwihanganira ibitari byiza kuri we. Iki
gihe rero ngo aba ri fière cyane yuko ari kandi agerageza guha agaciro
ubwiza bwe no gucisha make ububi bwe ari nako akuza ububasha bwo
kwigaragaza no gushaka gushimisha mugenzi we (Umugabo we).

Muri make, dore uko ubushakashatsi bwabyerekanye :

55 % bo mu myaka ya za 30 batangaje ko bazi neza uburyo bwo kwimakiya
(maquillage) ku buryo baberwa bijyanye n’uko bateye kandi bakaryohera
ababareba.

74 % bakora ibishoboka byose kugira ngo berekane ko ari beza cyangwa
kugira ngo berekane ubwiza bafite.

Naho 51 % batangaje ko baryohewe n’imyaka yabo.

Muri make, ngo icya mbere mu kwerekana ubwiza ni ukubyishyiramo.
Ubushakashatsi bwakozwe ku bagore ku bijyanye n’ubwiza, kwiyumva,
kwigirira ikizere, igikundiro no kwambara neza, bwerekanye ko ku myaka
31, umugore aba yujuje ibya ngombwa byo kwishimira ubuzima, ibi
bigatuma abasha kubumetiriza (Maitriser), agwa neza uwo babusangira.

Ngo nubwo iki gihe gitangira ku myaka 30, ariko ngo ku myaka 31 ni bwo
aba amaze kujya ku murongo neza kuko aba azi neza defo (défauts) ze na
kalite (qualités), no kubasha kubana na byo mu buzima.

Aba azi kumariramo ingeso mu kwerekana ibyiza afite anazi guhisha
ibibi yiyiziho ari nako abasha kwihanganira ibitari byiza kuri we. Iki
gihe rero ngo aba ri fière cyane yuko ari kandi agerageza guha agaciro
ubwiza bwe no gucisha make ububi bwe ari nako akuza ububasha bwo
kwigaragaza no gushaka gushimisha mugenzi we (Umugabo we).

Muri make, dore uko ubushakashatsi bwabyerekanye :

55 % bo mu myaka ya za 30 batangaje ko bazi neza uburyo bwo kwimakiya
(maquillage) ku buryo baberwa bijyanye n’uko bateye kandi bakaryohera
ababareba.

74 % bakora ibishoboka byose kugira ngo berekane ko ari beza cyangwa
kugira ngo berekane ubwiza bafite.

Naho 51 % batangaje ko baryohewe n’imyaka yabo.

Muri make, ngo icya mbere mu kwerekana ubwiza ni ukubyishyiramo.
Reply all
Reply to author
Forward
0 new messages