UMWIHERERO
W’ABASHAKANYE
“Urukundo rwonyine
rurahagije”. Mutagatifu Bernardo
Hamwe n’abandi
bashakanye bifuza kubaho mu mizero bubaka ingo zabo mu mahoro, jyewe Sr
UWAMARIYA Immaculee Kizito (Bernardines) nshimishijwe no kugutumira mu
mwiherero wabagenewe uzaba ku cyumweru tariki ya 30/6/2013 muri salle
y’Ababikira b’Ababerinaridine i Kigali (Lycée Notre - Dame de Cîteaux). Gahunda
izatangira sa tatu n’igice (9h30) irangire sa kumi (16h00). Kuberako
tuzasangira ifunguro rya sa sita umusanzu wa buri muntu ni 5000 ni ukuvuga
10.000F kuri buri muryango (couple). Uwifuza kuza muri uwo munsi
yakwiyandikisha kandi agahita atanga umusanzu we. Insanganyamutsiko y’uwo munsi
yitwa :
“Aho isi igeze, Abashakanye dusangire
akabisi n’agahiye cyangwa akabisi gusa?” Tubifurije ikaze
Abo wabaza :
1. Madame UMUBYEYI Diane, tél 078 874 00 22
2. Madame MUKASEKURU Isabelle , tél 078 861 09 74
3. Madame UWERA Alice, tél 078 864 42 34 / 072 864 42 34
4. Soeur Thérèse MUJAWAMARIYA, tel 078 898 32 72 (ninawe ushinzwe salle
izatwakira)
5. Soeur UWAMARIYA Immaculée, tél 078 867 10 66
“Urukundo ni nk’umuriro, iyo rutenyegejwe rurazima.” (M. Lermontov)
PROGRAMME
9H30 : Gusingiza Imana
9H45 – 10H10 : Gusuhuzanya no kubwirana amakuru
10H15- 11H10 : Enseignement
11H20 – 12H20 : Temoignage
12H30 : Repas
13H30 – 14H50 : Groupe de partage
15H00 : Eucharistie
Murakoze
Soeur UWAMARIYA Immaculée, Tél 078 867 10 66