ITANGAZO RYO GUTANGA AKAZI
Ubuyobozi bwa Radio Maria Rwanda burifuza guha
akazi umukozi ushinzwe kumenyekanisha Radio Maria no kuyishakira inkunga mu Mujyi
wa Kigali. Uwo mukozi agomba kuba afite hagati y’imyaka 30 na 45, kandi
yararangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza muri rimwe mu mashami akurikira: Economie, Business
Administration, Relations Publiques, Marketing, Sciences de la Communication.
Uwifuza uwo mwanya yakwihutira gusaba inyandiko
irambuye igaragaza ibisabwa ku biro bya Radio Maria Rwanda i Muhanga cyangwa i
Kigali kuri Paruwasi Katedrali ya Mutagatifu Mikayile mu gihe cy’amasaha
y’akazi, kuva kuwa mbere kugera kuwa gatanu. Ushaka ibindi bisobanuro yabaza
kuri telefone 0788516078 cyangwa
kuri e-mail: rut...@yahoo.fr
Itariki ntarengwa yo kwakira dosiye zisaba akazi
ni kuri 16 Werurwe 2015.
Bikorewe i Kigali, Tariki ya 16/02/2015
Dr Bernardin Rutwaza
Prezida wa Radio Maria Rwanda